Kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 nibwo u Rwanda ruri bwakire ibisanduku bya rutura bizubakwamo inganda zikora inkingo harimo n’urwa COVID-19. Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege cya Kigali ...
Kuri Twitter hari video yahashyizwe n’ubuyobozi bw’uruganda BioNTech rwo mu Budage ivuga ko ibisanduku bitandatu bigize icyiciro cya mbere cy’ibyumba bizaba bigize uruganda rw’inkingo rugiye kubakwa m...
U Rwanda n’u Budage ni ibihugu bifitanye amateka kuva mu Ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ubwo Inama yabereye i Berlin iyobowe na Bismarck yemezaga ko u Budage bugabanye igice cyahozemo ubwami bw’u Rw...
Perezida Paul Kagame yavuze ko inkingo za COVID-19 zizakorerwa mu Rwanda zigomba kubanza zigahaza abaturage bazikeneye, mbere y’uko zizajya mu bindi bihugu. Mu kwezi gushize Guverinoma y’u Rwanda yasi...
Uruganda Biopharmaceutical New Technologies (BioNTech) rwo mu Budage rwemeye gusuzuma uburyo rwakubakira ku ikoranabuhanga ryarwo, rugakorera mu Rwanda na Senegal inkingo z’indwara za Malaria n’Igitun...




