Umuryango w’abantu batatu barimo umugabo, umugore n’umwana wabo wari ugiye kuzima habura gato! Byabaye ubwo bagwirwaga n’urukuta umwana na Nyina bagapfa n’aho Se akahakomerekera bikomeye. Bari batuye ...
Ngabo Karegeya uyobora ikigo Ibere rya Bigogwe Tourism Company Ltd (IBTC) yabwiye Taarifa ko mu mishinga iki kigo gifite harimo no kubaka ikigo ndangamurage cy’amateka y’inka mu Rwanda. Karegeya ni um...
Ubwo abafundi basizaga ahagiye kubakwa urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye mu Mudugudu wa Mareru, Akagari ka Nyamirago, mu Murenge wa Kanzenze muri Rubavu, bahabonye igisasu cya grenad...
Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu avuga ko inzego z’ibanze zifatanyije na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ishyinguye mu rwibutso rwa Bigogwe kugira ngo rutung...
Mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu hibukiwe bwa Mbere Jenoside yakorewe Abatutsi. Byabereye mu gace kahoze mu ishyamba rya Gishwati ahitwa Muhungwe. Abaharokokeye basabye inzego bireba ko zahash...




