Kuri uyu wa Gatatu tariki 15, Mata, 2021 Perezida wa USA, Joe Biden aratangaza ku mugaragaro ko ingabo ze zigiye kuvanwa muri Afghanistan. Biteganyijwe ko zose zizaba zahavuye bitarenze tariki 11, Nze...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...
Imibare y’ibarura ry’abantu bakurikiye ikiganiro cy’Umunyamerikakazi Ellen DeGeneres mu mwaka ushize yagaragaje ko bagabanutseho miliyoni imwe mu gihe cy’umwaka. Bivugwa ko abantu bamuvuyeho nyu...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yabajijwe n’abanyamakuru ibyo atangaza ku bivugwa ko Guverineri wa New York Bwana Andrew Cuomo yagombye kwegura, undi avuga ko ibyiza ari uko abantu...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi izirikana akamaro abagore bafit...
Umugabo witwa William Burns niwe Perezida Joe Biden ashaka gushinga CIA. Burns yavuze ko uko byagenda kose USA itagomba kujenjekera u Bushinwa kuko ari ikibazo ku buhangange bwayo kandi mu nzego nyins...
Dr Jill Biden araha ikiganiro icyamamare ku isi witwa Kelly Clarkson . Aramubwira ingamba afite zo guteza imbere imibereho y’imiryango y’abasirikare ba USA, guteza imbere uburezi, gushyira imbaraga mu...
Polisi irinda Inyubako y’Inteko ishinga amategeko ya USA yitwa US Capitol Police yafashe umugabo ukomoka muri Leta ya Virgnia afite imbunda yuzuye amasasu n’impapuro z’impimbano z’uko yemerewe kujya ...
Perezida wa USA watowe Joe Biden yahisemo Gen Lloyd Austin kugira ngo azayobore ingabo za USA. Gen Austin niyemezwa na Sena azaba ari we Mwirabura wa mbere mu mateka ya USA uhawe ziriya nshingano. Au...








