Nyuma y’uko ubuyobozi bwa Afghanistan bugizwe n’Abatalibani butabarije abaturage babwo ku Muryango mpuzamahanga ariko ukavunira ibiti mu matwi, ubu bwashyizeho gahunda yo gukora ugahembwa ibiribwa. Ni...
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko kumva ko u Bushinwa buzemera...
Kuva Joe Biden yatangira kuyobora Amerika kuri uyu wa Kabiri nibwo bwa mbere ingabo ze zirwanira mu kirere zarashe ku barwanyi ba Al Shaabab bashaka kwigarurira ubutegetsi bwo muri Somalia. Aba barwan...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...
Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo agabeho ibitero by’iko...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye atangaje ko Amerika yifat...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri USA. Byabaye nk’ibira...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Umwe mu bakozi bo mu Biro by’Umukuru w’igihugu cya USA yabwiye The Bloomberg ko Perezida Joe Biden ateganya gutangaza k’umugaragaro ko igihugu cye cyemeje ko ubwicanyi bwakorewe Abanya Arménie(hagati ...
U Burusiya bwihimuye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bufatira ibihano abayobozi umunani bayo, barimo n’umuyobozi wa FBI, Christopher Wray n’umuyobozi w’urwego rw’iperereza, Avril Haines. Ni kimwe mu...









