Kuri uyu wa Kane taliki 01, Kamena, 2023 nibwo amashusho ya Perezida Joe Biden agwa yasakaye ku isi. Yari amaze kuvuga ijambo rishimira ingabo zo mu kirere igihe zimaze ziga. Umuhango wabereye mu kigo...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Gic...
Ubutegetsi bwa Joe Biden bwongeye kwibasira u Rwanda binyuze mu ‘gukomeza’ kurushinja gushyigikira 23, bukabikora bugamije kwereka amahanga ko ari rwo rwazengereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo k...
Perezida w’Amerika Joe Biden yabwiye abandi bayobozi bahuriye mu muryango w’ibihugu bikize( G7) ko mu rwego rwo guhana Uburusiya mu buryo budasubirwaho, ari ngombwa ko ibihugu byose biwugize bihagarik...
Abayobozi bakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi(mbere byahoze ari umunani hakirimo u Burusiya) barahurira i Hiroshima mu Buyapani. Bari busuzume icyo bakora ngo bakome imbere iterambe...
Mu Biro by’Umukuru w’Amerika imitwe yashyushye nyuma y’uko hari Umusenateri witwa Chuck Grassey wo mu Republican uvuze ko hari inyandiko yizewe FBI ifite isobanura umugambi mubisha Biden yari afitanye...
Umukuru w’Amerika Joe Biden yatangaje ko mu mwaka wa 2024 azongera kwiyamamariza kuyiyobora. Kuri uyu wa Kabiri nibwo yatangarije muri Video yacishije kuri Twitter ko azongera kwiyamamariza kuyobora ...
Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden. Ushinzwe itumanah...
Jair Bolsonaro uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yaraye ajyanywe mu bitaro biri muri Leta ya Florida, USA. CNN ivuga uyu mugabo ababara cyane mu nda ariko nta bisobanuro by’icyo arwaye bi...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo yageze muri Amerika mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu mahanga kuva u Burusiya bwatera Ukraine muri Gashyantare, 2022. Volodymyr Zelenskyy araganira na mugenzi we uyobora Amer...









