Kuba Leta zunze ubumwe z’Amerika ari igihangange ku isi, ntawe ubijyaho impaka. Ubuhangange bw’iki gihugu buri mu nzego zose ariko cyane cyane mu bukungu no mu bya gisirikare. Izi ngingo ebyeri nizo z...
Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye aganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu bemeranya Israel igomba gutera Hamas iyisanze muri Gaza. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi kubera k...
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege ya Tel Aviv muri Israel akakirwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu, Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko abantu barashe mu bitaro ibisasu bikica abana bar...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Vincent Biruta yakiriye Amb Eric Kneedler watanzwe na Washington ngo ahagararire Amerika i Kigali. Eric Kneedler aje guhagararira Amerika mu Rwanda asimbuye Peter ...
Umunyamabanga muri Amerika ushinzwe iby’umutekano mu kirere witwa Frank Kendall yabwiye Sena y’igihugu cye ko Ubushinwa buri gutegura intambara buzarwana n’Amerika kandi ngo ni intambara Amerika itige...
Ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umunyamakuru i Hanoi mu Murwa mukuru wa Vietnam, mu buryo butunguranye, Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi y’Amerika Joe Biden ijambo, atang...
Muri Leta ya Florida muri Amerika haraye imiborogo ubwo Umuzungu witwa Ryan Christopher Palmeter yasangaga Abirabura mu iduka ryitwa Dollar General riri i Jacksonville akabarasa bagapfa. Biragaragara...
Urwego rw’Amerika rushinzwe ubugenzacyaha, Federal Bureau of Investigation, rwishe umugabo wari uherutse gutangaza kuri Facebook ko azica Biden. Uwishwe yitwa Craig Robertson. Yari atuye muri Leta ya ...
Inzego z’iperereza za Amerika zatangaje ko hari ifu y’umweru abashinzwe umutekano basanze imbere y’Ibiro Perezida w’Amerika akoreramo, bayipimye basanga ni cocaine. Bayisanze mu gice kigenewe abaza gu...
Nyuma gato y’uko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arangije urugendo yakoreraga Beijing, Perezida Biden yavuze ko mugenzi we uyobora Ubushinwa ari ‘umunyagitugu’. Bid...









