Amakuru Taarifa ifite aremeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere Joe Biden azatangaza ko yakuyemo kandidatire ye nk’Umudemukarate uziyamamariza kuyobora Amerika. Biden avuga ko...
Joe Biden yabwiye ABC News ko abamusaba kuva ku butegetsi bataramuha impamvu nyazo zo kubikora. Abanyamakuru bavuga ko yakoresheje kiriya kiganiro mu rwego rwo gutuma abamusaba kwegura bacisha macye. ...
Abayobozi bo hejuru mu ishyaka rya Abademukarate baraganira bikomeye ku byo baherutse kubona nabi ubwo Joe Biden yisobanuraga ku bibazo bikomereye igihugu cye. Hari mu kiganiro mpaka cyayobowe n’...
Mu kiganirompaka abakandida baharanira kuziyamamariza kuyobora Amerika baraye bagiriye kuri CNN, Donald Trump yagaragaye nk’urusha Biden ndetse bamwe bavuze ko Joe atitwaye neza muri rusange. Ku rundi...
Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ibyo yemeranyijeho na Israel kugira ngo intambara ya Gaza ihagarare. Ni ingingo ubutegetsi bwa Washington buvuga ko ziramutse zikurikijwe byatanga amahoro aramb...
Mu mpera z’Icyumweru gishize ku isi habaye byinshi ariko icyari gikurikiwe n’amahanga ni intambara isa niyatangiye hagati ya Israel na Iran. Nyuma y’ibitero Iran yagabye kuri Israel, nayo irashaka kwi...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buri mu ihurizo rikomeye ryo guhitamo gutangiza intambara kuri Iran bityo akongera amahirwe yo kongera gutorwa cyangwa se akabireka kubera ingaruka byagira ariko akaba ashobor...
Abahagarariye Leta zunze ubumwe z’Amerika mu bihugu by’Abarabu baherutse guhamagara mu Biro bishinzwe ububanyi n’amahanga babwira ubiyobora witwa Antony Blinken ko amakuru y’ubutasi abageraho avuga ko...
Indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 zahagurutse mu birindiro by’ingabo z’Amerika biri muri Syria na Iraq zigaba ibitero ku nzu zari zibitswemo ibisasu abarwanyi bashyigikiwe na Iran bari ba...
Mu Biro bye bita Oval Office, Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye agejeje ijambo ku Banyamerika ababwira ko Amerika idashobora kureka ngo Putin akore uko yishakiye kandi ngo ibi ni ko bimeze no kuri ...









