Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Donald Trump, umugore we Melanie Trump n’abandi bo mu muryango we bamaze kugera muri Kiliziya ya Saint John i Washington aho ari burahirire. Ararahira saa moya zo ku isaha mpuzamahanga ni ukuvug...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yamaze kugerwamo n’inkubi ikomeye yiswe Milton. Ni inkubi ifite umuvuduko wa kilometero zirenga 120 ku isaha, uyu ukaba ari umuvuduko ukomeye cyane mu ...
Donald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma. Abivuze nyuma y’igihe...
Intambara y’Uburusiya na Ukraine irabura igihe gito ngo yuzuze imyaka itatu. Icyakora zimwe mu ngabo za Ukraine ziri mu bibazo nyuma y’uko intwaro zari zarahawe n’Amerika zigabanutse ndetse zimwe mur...
Ubwo yatangazwaga ko ari we uzahagararira Abademukarate mu matora y’Umukuru w’igihugu benshi bamukomeye amashyi, gusa we azi neza ko muri bo harimo abahoze batamuha ayo mahirwe ndetse hakirimo n’abagi...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ababwiye abagize Inteko ishinga amategeko ya Amerika, Imitwe yombi, ko igihugu cyabo kidakwiye kwirara ngo kibagirwe ko Iran ari umwanzi wacyo ...
Joe Biden wari warahakanye agatsemba ko atazareke kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, yavuye ku izima aharira Visi Perezida we Harris Kamala. Kamala Harris wari Visi-Perezida niwe uzahagararire is...








