Muri Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro harimo inkuru y’uko umugabo witwa Nowa wari intungane mu bari batuye isi mu gihe cye, yubatse inkuge( ubwato bunini) abushyiramo buri bwoko bw’ikinyabuzima, ikig...
Abo mu muryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi batangaza ko uyu mukambwe uherutse gutabaruka azashyingurwa taliki 04, Gashyantare, 2024, hazaba ari ku Cyumweru. Inkuru y’urupfu rwa Mpyisi yamenyekanye ...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda ku bufatanye n’Inama y’igihugu y’abafite ubumuga batangaje ko ubu mu Rwanda hasohowe Bibiliya yanditse mu nyandiko ya Braille igenewe abafite ubumuga bwo kutabona ‘bize...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko mu Rwanda hari Bibiliya nke. Ni ikibazo abayobozi b’uyu muryango bavuga ko gikomeye kubera ko kudasoma Bibiliya bituma hari indangagaciro abantu batakaza. Umuy...
Umunyamabanga wa Leta zunze z’Amerika ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho witwa Karine Jean Pierre yanditse kuri Twitter ko akazi akora kamusaba kwihangana nk’uko Yobu wo muri Bibiliya yihanganiye ibi...
Mu mwaka wa 1896 mu Busuwisi havutse umugabo wanditse igitabo gikubiyemo ibitekerezo yise ‘Theory of Cognitive Development’ cyahaye abantu ibisobanuro by’akamaro k’imikino mu mikurire y’abana. Uwo muh...
Abanyamerika bari hafi gusohora Bibiliya bise ‘Mana Ha Umugisha Amerika’, aya magambo akaba aboneka mu Itegeko nshinga rya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni Bibiliya yamaze gutumizwa n’abantu benshi mur...
Mu Butayu bwitaruye buri muri Yudaya haherutse kuvumburwa inyandiko za Bibiliya bavuga ko ari umwimerere wizanditswe n’abahanuzi Zekariya na Nahumu. Aba ni abahanuzi bari mubo Intiti muri Bibiliya zit...








