Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa. Ubwicanyi bwa ADF bwakozwe mu ijoro ry...
Abantu bataramenyakana barashe indege ya MONUSCO kuri iki Cyumweru taliki 05, Gashyantare, 2023 umuntu umwe mubari bayirimo ahasiga ubuzima, undi arakomereka cyane. Byabereye mu Mujyi wa Beni mu Ntara...
Umutwe w’iterabwoba witwa Islamic State watangarije kuri Telegram ko ari wo wagabye igitero cyahitanye abantu 23 ku Cyumweru taliki 22, Mutarama, 2023 mu Mujyi wa Beni, uyu ukaba umurwa mukuru wa Kivu...
Igisasu cyaturikijwe n’umwiyahuzi cyahitanye abantu batandatu mu ijoro rya Noheli, mu mujyi wa Beni mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubuyobozi bwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’A...
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Lieutenant General Constant Ndima, yageze i Beni kuri uyu wa 17 Nyakanga, aho yimuriye by’igihe gito ic...




