Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse...
Hashize igihe abaturage ba Uganda bafite inkomoko mu Rwanda batumvikana na bagenzi babo ku kuba bitwa Abanyarwanda. Bamwe barashaka ko bivaho bakitwa Abavandimwe, mu gihe abandi batabikozwa. Abadashak...
Uyu mugabo w’imyaka 67 y’amavuko yabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza guhera muri 1997 kugeza muri 2007. Mbere y’uko aba we, ntiyari yarigeze akora mu nzego z’ubuyobozi mu Bwongereza. Avuga ko ku...
Ntabwo bisanzwe ko umuntu amenyekana mu gihe gito bigahuruza itangazamakuru mu rubanza rwe nk’uko biherutse kugenda kuri Idamange Iryamugwiza Yvonne. BBC, VOA, Reuters ni bimwe mu binyamakuru mpuzamah...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo rye mu gushyingura umunyamabanga ...
Bwana Richard Austin Quest usanzwe ari umwe mu banditsi bakuru ba CNN ishami ry’ubucuruzi yanditse ko ari mu nzira zo kuza mu Rwanda. Quest ni umwe mu banyamakuru bakomeye bo USA bakorera kandi bakore...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yategetse Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’itangazamakuru ko rugomba guhura n’abayobozi b’ibigo byaryo bakanoza imikoranire, ibyafungiwe ibi...






