David Bayingana, umwe mu banyamakuru ba siporo ubirambyemo kurusha abandi, avuga ko ibyo uwitwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta aherutse kumushinjira mu rukiko by’uko yifitemo ivang...
Umwe mu bahanzi bakunzwe muri iki gihe witwa Kenny Sol yasohoye inyandiko ya paji ebyiri yikoma abategura ibitaramo ko babura abahanzi. Ku isonga avuga ko ikigo kitwa Intore Entertainment cyamuhaye a...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yabwiye itsinda ry’urubyiruko rwaturutse mu bihugu 13 ko ubutwari no gukunda u Rwanda byatumye Inkotanyi zikora ibyasaga n’i...
Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye ubutumwa Umujyanama we mu by’umutekano Gen James Kabarebe bwo gusezera kuri Lt Gen Jaques Musemakweli uherutse...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...




