Perezida Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kwitabira Inama y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024. Yageze mu Bushinwa avuye muri Indonesia mu nama yabaga ku nshuro ya ...
Nkundimana Jerome w’imyaka 19 utuye Murenge wa Musenyi, mu Karere ka Bugesera aravugwaho akwica umukecuru n’umusaza bari baramureze akiri umwana. Yabatemye abasanze mu rugo rwabo. Uwo musaza yari yaba...
Abenshi mu Banyarwanda bemeranya n’abo bagiye gushakana ko bazavanga umutungo kandi mu buryo busesuye. Akenshi biterwa n’imyumvire y’uko umwe muri bo ashobora kubona ko mugenzi we atamwizera aramutse ...


