Umuraperi J. Cole wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byamaze kwemezwa ko azakinira Patriots BBC mu irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, rizahuza amakipe 12 yo mu bihugu bitandukanye bya Afur...
Imyenda umunyabigwi muri Basketball, Michael Jordan, yambaye mu mwaka w’imikino wa 1982-83 akinira Kaminuza ya North Carolina, yagurishijwe miliyoni $1.38 muri cyamunara, ni ukuvuga asaga miliyari 1.3...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League (BAL) bwatangaje ko irushanwa rizahuza amakipe 12 y’intyoza muri uyu mukino muri Afurika, rizakinwa bwa mbere kuva ku wa 16-30 Gicurasi, muri Kigali Arena. BAL y...
Umukinnyi uri mu bakomeye babayeho mu mateka ya Basketball Bwana LeBron James yaguze imigabane mu kigo gifite ikipe yo mu Bwongereza yitwa Liverpool FC kitwa Fenway Sports Group (FSG). Ikigo FSG nicyo...
Umukino waraye ubereye kuri Kigali Arena wahuje ikipe y’u Rwanda ya Basket yitwa Amavubi Basketball Club n’iya Sudani y’epfo warangiye Sudani y’Epfo itsinze u Rwanda. Perezida Kagame yari yaje kuwure...




