Nyuma yo gutora itegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa n’ababyizeye, Abadepite barashaka ko imikorere y’ibimina ijya mu itegeko mu rwego rwo gukumira amakimbirane abigara...
Iyi ni intego Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko rwihaye kugira ngo haramutse habaye ibura ry’amadovize mu gihe cy’amezi ane, rukomeze gutumiza hanze ibyo rukeneye byose. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Pol...
Mu kiganiro ubuyobozi bwa Banki nkuru y’u Rwanda bwahaye kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda, bwavuze ko mu myaka ibiri iri imbere, u Rwanda rushobora kuzaba rufite ifaranga ry’ikoranabuhanga. Guverine...
Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kigiye gushora muri Banki ny’Afurika z’iterambere miliyoni $100 hagamijwe gikemura ibibazo by’Afurika bigendana n’ishora...
Abakora mu rwego rwa za Banki mu Rwanda bavuga ko hari gahunda yo kuzamura ikoranabuhanga rikoreshwamo kugira ngo bigirire akamaro abakiliya babo kandi bibe ibya buri munsi. Banki nkuru y’u Rwan...
Ikigega cy’Abanyamerika kigamije iterambere mpuzamahanga, USAID, cyahuje abakora mu buhinzi n’ubworozi n’ibigo by’imari kugira ngo barebere hamwe uko impande zombi zakorana. Ni igikorwa kitabiriwe na ...
Guverinoma y’Ubwongereza ibinyujije mu kigega mpuzamahanga cy’Abongereza, British International Investment, igiye gutanga miliyoni $ 100 yo kuzamura ubuhinzi bw’ingano, umuceri n’ibisheke. Ayo mafaran...
Banki y’Isi yasohoye icyegeranyo ku bumenyi n’ubushobozi abaturage bafite ngo batange umusaruro ku isoko ry’akazi hagendewe ku mashuri bize. Bikubiye mu cyegeranyo kiswe Human Capital Index kigaragaza...
Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...









