BK Group iratangaza ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yazamuye urwunguko rwa Banki ya Kigali ho Miliyari Frw 47.8. Ubuyobozi bw’iyi banki buvuga ko ibi ari ibyo kwishimira kuko uru rwunguko rw...
Taarifa yamenye ko Banki nkuru y’u Rwanda yakoze inoti nshya za Frw 5000 n’iza Frw 2000. Iya Frw 5000 ifite ishusho ya Kigali Convention Center naho iya Frw 2000 ifite ishusho y’imisozi igize ikiyaga ...
Banki ya Kigali yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko inyomoza ibiherutse gutangazwa by’uko Dr. Diane Karusisi uyobora iyi Banki ko agiye gukurikiranwa na Banki nkuru kubera ibyo aherutse gutangariza ...
Niyoyita Peace ni rwiyemezamirimo wo mu Karere ka Bugesera akaba aherutse guhembwa nk’umugore wahize abandi mu kumurika ibikomoka ku bworozi mu imurikabikorwa ry’ubuhinzi n’ubworozi riherutse kubera k...
Abikorera ku giti cyabo bafite gahunda yo gushinga banki izajya ifasha abahinzi kubona inguzanyo ngo bashore mu mishinga iteza imbere ubuhinzi. Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa ingu...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...
Mu myaka myinshi raporo zitandukanye zashyiraga u Rwanda mu myanya ya mbere mu guteza imbere ubukungu muri Afurika. Nubu birakomeje kuko hari n’iyasohotse vuba aha yitwa CPIA ya Banki y’isi ivuga ko a...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Ihuriro nyarwanda ry’amabanki, Rwanda Bankers’ Association, rwatangaje ko amaze kugera ku rwego rwiza rw’imikorere ndetse ko afite uruhare ntagereranywa mu kuzamura ubukungu. Ibi biherutse gutangarizw...
Perezida wa Sudani Y’Epfo Salva Kirr yarashye Banki nkuru ya Sudani Y’Epfo, ikaba ari inyubako igeretse amazu 12. Kuva Sudani Y’Epfo ibonye ubwigenge mu mwaka wa 2011, ubu nibwo akib...









