Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi Edouard Bamporiki na (Rtd) CG Emmanuel Gasana bari barafunzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha. Muri Mutarama, 2023 nibwourukiko rukuru rwahanishije E...
Nyuma yo kujuririra imyaka ine yari yahawe ngo arebe ko ygagabanywa, Hon Edouard Bamporiki yatunguwe no kumva ko hongereweho umwaka umwe, ibe itanu(5). Yahise ajyanwa muri gereza ya Kigali iri mu Mure...
Taarifa yamenye ko isomwa ry’urubanza rwa Edouard Bamporiki ryasubitswe kubera ko ubwanditsi bw’urukiko rukuru rwajuririwe butararangiza kwandika umwanzuro warwo. Byari biteganyijwe ko ari busomerwe k...
Kuri uyu wa Mbere taliki 16, Urukiko rukuru ruri butangaze icyemezo cyarwo ku bujurire bwa Hon Edouard Bamporiki uherutse kujuririra igihano yahawe. Hari Taliki 19, Ukuboza, 2022 nibwo Bamporiki yita...
Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu z...
Edouard Bamporiki wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umuco, kuri uyu wa mbere Taliki 19, Ukuboza, 2022 yitabye Urukiko rukuru kugira ngo aburane mu bujurire yatanze ku byaha yahamijwe...
Umukuru w’u Rwanda yavuze ko mu bayobozi begura bamwe bagakurikiranwa hari abo aba yaganiriye nabo ‘one on one’ akababurira ababuza gukomeza amakosa bakora ariko ntibamwumve. Hari mu ijambo yavuze ata...
Mu isesengura ryarwo, urukiko ku cyaha cya mbere Bamporiki aregwa ryasanze kuba kwakira indonke ari icyaha gikorerwa mu ibanga rikomeye, hakaba hari n’ababyita amayeri yandi nko kuyita umuti w’ikaram...
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko yongeye gusabira mu rukiko imbabazi. Iburanisha ryo kuri uyu wa Gatatu havuzwemo amazina mashya harimo na Minisitiri w’u...
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko yitabye urukiko asaba ko iburanishwa rye ryasubikwa kubera ko nta mwunganizi afite. Ni icyifuzo cyemewe n’ubushinjacyah...








