Abana 10 batoranyijwe mu bandi bo muri Nyamasheke na Rusizi babwiye abitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru yahuje inzego zita k’uburezi harimo na MINEDUC ko nta bibuga amashuri yabo agira ngo ...
Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Abitabiriye imurikagurisha ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu rimurikirwamo ibikorerwa i Kigali n’ibikorerwa i Kampala riri kubera muri uyu Mujyi bavuga ko ubu bucuruzi bukwiye kugezwa ku rundi rwego, b...


