Agahinda ni kenshi hirya no hino mu gihugu cya Myanmar nyuma y’uko abantu barenga 2000 ari bo bamaze kuboneka bishwe n’umutingito wibasiye iki gihugu cyo mu Majyepfo ya Aziya guhera ku wa Gatan...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...
Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Abakozi ba RIB babwiye abatuye Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu amayeri abacuruza abantu bakoresha. Ngo babanza kumenya uko runaka abayeho bityo bakabona aho bahera bamushukashuka. Ikindi ng...
Indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 zahagurutse mu birindiro by’ingabo z’Amerika biri muri Syria na Iraq zigaba ibitero ku nzu zari zibitswemo ibisasu abarwanyi bashyigikiwe na Iran bari ba...
Raporo y’Umuryango w’abibumbye ivuga ko mu myaka icumi yakorewemo ubushakashatsi, ibisubizo byarekanye ko guhera mu mwaka wa 2011 kugeza mu mwaka wa 2021 umubare w’abakoresha ibiyobyabwenge wavuye ku ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruherutse gutangaza ko hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2022 mu Banyarwanda 150 bacurujwe, abenshi ari abagore. Mu mwaka wa 2020 uru rwego rwakiriye ibirego 33 by’a...
Kubera impamvu zitandukanye Abanyarwanda baba mu Buhinde, muri Nepal, muri Bangladesh, muri Sri Lanka no muri Maldaves ntibabonye uko bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore ku isi tariki 08, We...







