Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Ishyaka iri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, riherutse gutangaza ko buri rugo rugomba gutera ibiti 10 by’avoka kugira ngo nizera zizabe isoko y’amadovize mu gihugu. Ni umwe mu mivuno CNDD-FDD ivuga ...
Uru rubuto rwahoze ari urw’abana, abashumba baragiye cyangwa abanyeshuri bakeneye ka avoka ko gutuma umuceri igira irangi. Muri iki gihe ariko ubuhinzi bwayo bwahindutse ikintu kiri mu byihutirwa mu b...
Avoka 124,000 zingana na toni 22.4 zageze ku cyambu cya Rotterdam zizanywe n’ikigo SoukFarms gitunganya izi mbuto. Ku cyambu za Rotterdam zakiriwe n’ikigo Best Fresh Group, iki kikaba ikigo cy’Abahola...
Urubuto rw’avoka ruri mu mbuto u Rwanda rusanzwe rwohereza hanze yarwo ariko kuri uyu wa Kane taliki 26, Ukwakira, 2023 nibwo bwa mbere rwohereje uru rubuto mu Buholandi. Ni igikorwa cya Guverinoma y’...
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura. RDB...
Amakuru aturuka mu Mudugudu wa Nyarusange, mu Kagari ka Taba, Umurenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’uko umwana w’imyaka 13 yiyahuye. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 16, Wer...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni ukuri buri...
Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu. Yanditse ko abanya Singap...








