Einat Weiss uhagarariye Israel mu Rwanda yagejeje k’ubuyobozi bwa AVEGA ibyuma bibiri bisuzuma abarwayi muri rusange n’abagore by’umwihariko bita Ultra Sound Machines. Taarifa ifite amakur...
Valérie Mukabayire abinyujije mu kigo Progetto Rwanda ahagarariye mu Rwanda avuga ko iyo abakoraga uburaya cyangwa bacuruza agataro bahawe imibereho, izo ngeso mbi bazireka. Uyu mubyeyi yamaze igihe k...
Madamu Jeannette Kagame yashimiye ko Umuryango w’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi wababereye isoko yo kwiyubaka no kongera kubaka ubuzima nyuma y’uko bagizwe incike n’ababahekuye. Ni ubutumwa ...
Umuryango AVEGA Agahozo ufatanyije na Never Again Rwanda wahuguye abakozi b’Akarere ka Rusizi n’aka Nyamasheke ku ngingo zifasha mu kubaka ubudaheranwa, ubumwe n’imibanire myiza by’Abanyarwanda. Integ...
Abagize Inteko rusange y’Umuryango AVEGA Agahozo batoye Immaculée Kayitesi nk’umuyobozi mushya w’uyu muryango. Yasimbuye Mukabayire Valérie kuri uwo mwanya. Yatowe Taliki ya 2 Ukwakira 2022 muri Ko...
Umuyobozi wa AVEGA Agahozo, Valérie Mukabayire avuga ko ari ngombwa gushima Leta y’u Rwanda kuko yafashije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kwiga, kubona amacumbi no kubona ubutabera. Mukabayire ...
Sophia Tchatchoua uyobora Canal + Rwanda yaraye avugiye ku rwibutso rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera ko kuzirikana amateka bifasha mu kwirinda ibibi byayakorewe. Hari mu ijambo yavugiye kuri ruriya r...
AVEGA n’Ibitaro bya Kibagabaga bari mu bufatanye bwo gusuzuma abaturage cancer y’inkondo y’umura(abakobwa n’abagore) ndetse na Hepatite. Abagore cyangwa abakobwa basuzumwa cancer y’inkondo y’umura ni ...
Iyi ngingo niyo ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Abapfakazi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi( AVEGA Agahozo) bahereyeho batekereza gufasha abapfakazi ba Jenoside gutekereza imishinga yababyarira i...
Ubu butumwa bwatanzwe na Joséphine Murebwayire Umuyobozi Mukuru wungirije wa AVEGA Agahozo ubwo yaganirizaga abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi bahuriye mu Karere ka Kamonyi mu rwe...









