Impaka za ‘ngo turwane’ zatumye abagabo bateranira igipfunsi mu ndege. Video yafashwe yerekana abagabo babiri baterana igipfunsi nyuma yo gushyogozanya hakabura uwacira undi bugufi ngo yic...
Mukansanga Salma Rhadia niwe mugore wo muri Afurika wa mbere wageze ku ntego yo gusifura umukino mu gikombe cy’isi cy'abagabo. Yabigezeho ubwo yasifuraga umukino waraye uhuje u Bufaransa na Austr...
Nimero ya mbere ku isi mu mukino wa Tennis Novak Djokovic yirukanywe muri Australia, nyuma y’uko urukiko rwari rumaze gutesha agaciro ubusabe bwe bwo gusuzuma icyemezo cya Minisitiri wategetse k...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...



