Umwongereza wahoze mu basore bane bashinze itsinda One Direction witwa Liam Payne yaraye yiyahuye amanutse mu igorofa ya gatatu ya Hoteli yitwa CasaSur Palermo Hotel iri mu Murwa mukuru wa Argentine ...
Umwe mu mfungwa zamamaye kurusha izindi mu myaka myinshi ishize witwa Julian Assange yarekuwe nyuma yo kwemera icyaha. Yari amaze imyaka myinshi afunzwe azira gusohora inyandiko yise zari zikubiyemo a...
Abaguzi bari baje guhahira muri rimwe mu maduka manini y’i Sydney muri Australia bahuye n’akaga ubwo bumvaga induru z’abantu baterwaga icyuma n’umusore wahinjiye rwihishwa. Yishe abantu batanda...
Hari video iherutse gutangazwa y’abanyamakuru bakora inkuru zicukumbuye bo muri Australia bafashe Rukeshangabo Frodouard wari umaze iminsi atangiwe impapuro zo kumufata n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda. I...
Abo ni Floduard Rukeshangabo na Célestin Munyaburanga bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Hari hashize igihe kirekire bashakishwa kubera kwihisha ubutabera. Ibinyamakuru bibiri byo muri...
Minisiteri ishinzwe gucukura amabuye y’agaciro muri Australia yaraye isohoye raporo yise Critical Minerals Strategy ivuga ko kimwe mu bihugu bibangamiye Australia mu icukurwa ry’ibuye rya Lithium ari...
Abaturage ba Mozambique bakabakana miliyoni bari mu kaga ko kubura ibiribwa no kurwara indwara ziterwa n’umwanda nyuma y’uko inkubi ikomeye bise Freddy iteje umwuzure ukangiza byinshi aho bari batuye....
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Uwo ni Cardinal George Pell. Yapfuye afite imyaka 81 y’amavuko. Kimwe mu byo azibukirwaho ni uko yigeze guhamwa n’icyaha cyo gusambanya abana ariko aza kuguhanagurwaho. Yari umwe mu ba cardinals bakom...
Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka. Ku Cyumweru t...









