Umuryango w’ibihugu bigamije ubufatanye mu bukungu muri Afurika y’i Burengerazuba( CEDEAO) waraye ufashe umwanzuro wo gukomanyiriza Mali, igahagarikwa mu mikorere yawo yose yerekeye ibya Politiki. Uy...
Urukiko rurinda Itegeko nshinga rwa Mali rwaraye rwemeje ko Col Assimi Goïta ariwe uyobora igihugu muri iki gihe, akaba Perezida w’Inzibacyuho. Ibi byemejwe nyuma y’uko uwahoze ari Perezida wa Mali ab...

