Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryafatiye ibihano amakipe atandukanye arimo na Kiyovu FC na AS Kigali yo mu Rwanda birimo iby’uko ayo yombi ‘atemerewe’ kwandikisha abakinny...
Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye. Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko...
APR FC yaraye itakaje amahirwe yo kurara itwaye igikombe cya 22 cya Shampiyona nyuma yo kunganya na AS Kigali 2-2. Hari ku mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26. Wagombaga kuba warakinwe taliki 5, Mata, ...
Uburwayi mu bakinnyi batanu ba AS Kigali bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari bagiye gukina na Sunrise FC umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona. Amakuru yemeza ko abo bakinnyi bajya gukina ba...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup yasezerewe muri iri rushanwa , nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Ukwakira, 2022 ...
Ibyavuye muri tombola imaze amasaha make ibaye, byerekanye ko AS Kigali izahura n’Ikipe yo muri Tunisia yitwa Club Sportif Sfaxien. Iyi kipe yo muri Tunisia ifite amateka maremare kuko yashinzwe muri ...







