Mu Cyumweru gitaha, abana 12 batoranyijwe mu bandi nyuma yo kubahiga mu gukina umupira w’amaguru, bazajya mu Bwongereza gutozwa n’abatoza bo muri iyi kipe iri mu yandi make akomeye muri iki gihugu. Iy...
Nyuma yo kubona ko ikipe akunda itsinde iyo byari bihanganye mu buryo budasubirwaho, Perezida Paul Kagame yanditse kuri X agaragaza ibyo byishimo kandi asaba Arsenal yari imaze gutsinda Man City 5-1 g...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Itangazo iyi kipe yasohoye rivuga ko mu minsi mike ishize, hari abakinnyi bayo b’abagore basuye u Rwanda. Abo ni Jen Beattie, Caitlin Foord, Katie McCabe na Jordan Nobbs. Ni ryo tsinda rya mbere ry’a...
Cristiano Ronaldo umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize kandi igifite kugeza ubu, avuga ko agifite imbaraga zo gukina umupira w’amaguru kuzageza ubwo azaba agejeje mu myaka 40. Yavutse Taliki 05, Gashy...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Mata, 2022 abakinnyi b’ikipe ikomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain barimo Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler bazaza gusura u Rwanda muri gahunda yi...
Ubwo abafana ba Arsenal bakiraga abagabo babiri bayikiniye kakahava ari bo Robert Pires na Ray Parlour, byari ibyishimo bidasanzwe. Bamwe muri bo bavuze ko kwishimira bariya bagabo bifite ishingiro ku...
Abagabo babiri babaye ibyamamare muri Arsenal ubu bakaba baragiye mu kiruhuko ariko bagasiga baragaciye aribo Pires na Ray babwiye abafana b’iyi kipe ko mu minsi bamaze mu Rwanda basuye byinshi ariko ...
Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitanduka...
Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye kujya gukinira FC Ba...









