Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere. Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amav...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1. Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware i...
Umwe mu Banyarwanda bakinnye neza umupira w’amaguru bakandika izina witwa Jimmy Mulisa aravugwaho kuzagirwa, mu gihe gito kiri imbere, umutoza wungirije w’Ikipe y’igihugu: Amavubi. Bizaturuka ku masez...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen Mugamga Mubarakh yaraye akurikiranye imyitozo y’iyi kipe. Yabwiye abakinnyi ko bagomba kwitegura umukino uri bubahuze na Musanze FC...
Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Ikibuga cya Bugesera ni cyo APR F.C yemeje ko izajya yakiriraho indi mikino usibye uwo izaba yahuriyemo Rayon Sports. Icyo kibuga kiri kuri Stade ya Bugesera mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata...
Ubuyobozi bwa APR FC buherutse gukoresha inama abakinnyi n’abandi bakozi bakuru muri iyi kipe bubabwira impamvu zatumye umutoza Adil hamwe na Kapiteni Djabel Manishimye bahagarikwa. Lt Gen Mubalakh ...









