Rivers Hoopers yo muri Nigeria yaraye itsinze APR BBC ku manota 78 kuri 71 bituma Hoopers ikatisha tike iyemerera kuzaza gukina imikino ya nyuma izabera muri BK Arena mu Mujyi wa Kigali mu ntangirir...
Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR FC ayibera umufana. Byaratangajwe cyane mu itangazamakuru kuko byari ibintu bi...
Umukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports warangiye APR iwutsinze ku 1-0 bituma itwara igikombe cya Shampiyona ya 2023/2024. Hari ku mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wabaye Kuri uyu wa Gatandatu ,Kuri...
APR FC yaraye itakaje amahirwe yo kurara itwaye igikombe cya 22 cya Shampiyona nyuma yo kunganya na AS Kigali 2-2. Hari ku mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26. Wagombaga kuba warakinwe taliki 5, Mata, ...
Abafana ba APR FC n’abakunda umuziki muri rusange basezeye ku Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi uherutse gutabaruka. Icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana kuko Urwe...
Umunya- Tunisia witwa Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera ingufu abakinnyi ba APR FC yitabye Imana yaguye iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata 2024. Iby’urupfu rwe rwabitswe n’abari bagiye kumu...
Mu buryo butari bwitezwe, APR FC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yaraye inganyije na Muhazi FC iri mu zidakomeye cyane mu Rwanda igitego 1-1....
Rayon Sports yatsindiye Mukura Victory Sports i Huye igitego 1-0, intsinzi yakuyeho agahigo Mukura yari yahaye Rayon ko izayitsinda ikayiha Pasika. Mukura yavugaga ko mu bihe bitandukanye mu mateka ya...
Nyuma yo kuyitsinda amanota 73 kuri 59, Patriots BBC yakuye APR BBC ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’uyu mukino mu Rwanda. Yari iri ku mwanya wa mbere w’agateganyo, umukino waraye uhuje ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Werurwe 2024, Nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe ibitego 2:0 na APR FC kuri Kigali Pele Stadium mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’icyiciro cya ...









