Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana ahitwa Nyagasambu habereye impanuka yakomerekeyemo abafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania. Mu ijoro ryakeye nibwo yabaye ariko ntiyari ikomeye cyane ...
Kuri Kigali Pele Stadium haraye habereye umukino wahuje APR FC itsindwa na Police FC kuri za Penaliti 6 kuri 5. Umukino wari warangiye ari ubusa ku bundi. Uyu mukino wari uw’Igikombe kiruta ibindi mu ...
Umukino wa nyuma wa Shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje APR BBC na Patriots REG BBC warangiye APR itsinze ku manota 77-59 ihita itwara igikombe cya Baskeball. Ikipe ya gatatu yabaye Patri...
Amakipe abiri akomeye mu mukino wa Basketball mu Rwanda yaraye yigejeje ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu. Ayo ni APR BBC yatsinze Patriots amanota 90-71 na REG BBC yatsinze Espoir ku manota 9...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri avuga ko ingabo zahoze ari iza APR Inkotanyi zakoze akazi katumye u Rwanda ruva mu matage rwari rwashyizwemo n’abarukoreyemo Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri wa 21, Nya...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko yakiriye rutihizamu Haruna Niyonzima wayiherukagamo mu mwaka wa 2007 ni ukuvuga ko hashize imyaka 17. Haruna yasinye amasezerano y’umwaka umwe akina muri iyi ...
Umunya-Mauritania witwa Mamadou Sy ukinira APR FC yaraye ayitsindiye El-Merreikh Bentiu yo muri Sudan y’Epfo igitego 1-0, Byatumye igira amahirwe yo kubona itike ya 1/2 mu Irushanwa rihuza amakipe yab...
Victor Mbaoma wa APR FC yaraye atindiye ikipe ye igitego mu mukino yakinaga na Singida Black Stars. Wari umukino wa mbere APR FC yari itangiye muri CECAFA Kagame Cup 2024. CECAFA Kagame Cup 2024 iz...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...









