Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakab...
Nyuma y’uko kuri iki Cyumweru taliki 10, Ugushyingo 2024, APR FC inganyije na Rutsiro FC kuri Kigali Pelé Stadium ku busa ku bundi, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona utarakiniwe igihe, i...
Police Volleyball Club yatsinze APR VC mu mikino ibiri (uw’abagabo n’uw’abagore) yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Ukwakira, 2024. Kubera ko amakipe yombi yari amaze iminsi ashaka abakinnyi babi...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Mu bayobozi bashya biyongereye mu ikipe ya APR FC ni, Lt Col Alphonse Muyango wagizwe umuyobozi ushinzwe ibikoresho, mu gihe Captain Muziranenge we yagizwe umuyobozi ushinzwe ubuyobozi n’imari (admini...
Ku manota 73 kuri 70 APR BBC yaraye itwaye igikombe cya Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iba iracyisubije ku nshuro ya kabiri. Hari nyuma yo gutsinda imikino ine ku mikino ibiri iyo bari bahangaye y...
Ku manota 72 ya APR Basketball Women Club yaraye itsinze REG Women Basketball Club ifite amanota 59, bituma itwara igikombe cya Basketball mu Rwanda kitwa Rwanda Cup 2024. Muri BK Areba niho umukino w...
Umukino ubanza w’irushanwa nyafurika uhuza amakipe yabaye aya mbere iwayo waraye uhuje APR FC na Pyramids FC yo mu Misiri yarangiye anganyije 1-1. Abafana ba APR FC bavuze ko ibyo bidahagije, yagombye...
Umukino wa mbere mu ya kamaramampaka (Playoffs) muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje Patriots BBC na APR BBC warangiye iya mbere itsinze iya kabiri ku manota 83 kuri 71. Ni umukino wa ...
Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...









