Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana Tété Antonio ari mu Rwanda mu ruzinduko ruteguriza Umukuru w’igihugu cye João Lourenço. Uyu mugabo ubu ni we muhuza hagati y’u Rwanda na DRC ku bibazo...
Nyuma y’umwuka mubi umaze amezi hagati ya Kigali na Kinshasa, ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahuruye i Luanda muri Angola baganira uko uyu mwuka w...
Abayobozi b’Ishyaka ryitwa APCN (Alliance pour un Congo nouveau), basabye urubyiruko rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo bafashe ingabo z’igihugu cyabo...
Mu mpera z’Icyumweru gishize ibintu byafashe indi ntera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ubwo iki gihugu cyasezeraga Amb Vincent Karega wari uhagarariye inyungu za Kigali i Kinshasa. U Rwanda, ...
Indege izanye umurambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola wagejejwe i Luanda kugira ngo ashyingurwe. Yatabarutse Taliki 08, Nyakanga, 2022 aguye muri Espagne aho yari yaragiye kw...
Umusaza Jose Edoaurdo Dos Santos wari urwariye mu bitaro byo muri Espagne amaze kubikwa ko yapfuye. Guverinoma ya Angola niyo yatangarije kuri Facebook ko uriua mukambwe yatabarutse. Uyu mugabo wayob...
Uyu mugabo wayoboye Angola ubu arwariye mu Bitaro biri i Barcelona muri Espagne nk’uko byatangajwe n’umugore we Ana Paula dos Santos. Muri Kanama, Taliki 28, 2022 Dos Santos azaba yujuje imyaka 80 y’a...
Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryan...
Niwe mugore umaze igihe kirekire ari umukire wa mbere mu bandi bagore bose ba Afurika. Kubera ibibazo bya politiki byabaye kuri Se wahoze ayobora Angola, byatumye n’abandi bagize umuryango we, h...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisit...









