Mu murwa mukuru wa Vietnam hafatiwe amahembe y’inzovu apima toni 7. Ni amwe mu mahembe menshi afatiwe icyarimwe mu bikorwa bya Polisi y’igihugu icyo ari cyo cyose ku isi. Bivugwa ko ariya mahembe yage...
Umufaransa Nicolas de Rivière uyoboye itsinda ryoherejwe muri DRC n’abagize Akanana k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ngo rirebe uko ibintu byifashe, yasabye aka kanama kongerera MONU...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba bwa DRC kurwanya M23 zifatanyije na iz...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Abayobozi bo muri Repubulika ya Angola bavuga ko hari abaturage ba DRC bagera ku 25,000 binjiye muri kiriya gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Binjiriye ku mipaka itandukanye ya Chissanda, Furtuna,...
Ubuyobozi bwa M23 bwaraye butangaje ko uyu mutwe ugiye guhagarika intambara ukava no mu bice wigaruriye. Icyakora uracyasaba ibiganiro n’Umuhuza mu bibazo bya DRC. Si ubwa mbere usabye ibi biganiro nt...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Prof Nshuti Manasseh yavuze ko umuhati wa Perezida Lorenco mu guhuza u Rwanda na DRC ndetse n’ibindi bice birebwa n’ibibazo biri ...
Edouardo Filomeno Bárber Leiro Octávio uhagarariye Angola mu Rwanda avuga ko ubuhuza buri gukorwa na Perezida w’igihugu cye hagati y’ibihugu birebwa b’ibiri kubera mu Burasirazuba bwa DRC bukomeye. Ng...
Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu mwiherero, y...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ugushyingo, 2022 Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Angola Bwana João Lourenço. Ibiro bya Perezida Kagame byatangaje ko yaganiriye na ...









