Umugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo Jacob Zuma yakoze impanuka ariko ku bw’amahirwe arayirokoka. Bivugwa ko yagonzwe n’umusinzi. Nyuma y’iyo mpanuka abo mu ishyaka rye bavuze ko yagonzwe n’umuntu w...
Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri k’ubutegetsi...
General Siphiwe Nyanda niwe wemeza ibi. Abishingira ku makosa ya Politiki iri shyaka riyobora Afurika y’Epfo ryakoze mu mateka atari aya kera, ritigeze rikuramo isomo n’ubu akaba arigejeje ahabi. Ikos...


