Ibi birashoboka uramutse ushingiye ku igenamigambi ryayo rikubiye mu mibare ubuyobozi bw’iyi Minisiteri bufite mu myaka ine iri imbere. Igenamigambi ryayo rivuga ko kuva mu mwaka wa 2024/25 kugeza mu ...
Guverinoma ibicishije muri Minisiteri ya Siporo irateganya ko mu cyiciro cya kabiri cya gahunda yiswe Isonga hazubakwa ibibuga 63 byo gukoreramo siporo z’ubwoko bwinshi. Minisiri wa Siporo, Nelly Muka...
Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...
Perezida Kagame yabwiye abarahiriye inshingano nshya baherutse guhabwa muri Guverinoma y’u Rwanda ko bakwiye kuzirikana ko mu nshingano bahawe harimo n’iyo gushaka amikoro. Abarahiye ni Nelly Mukazayi...
Umuyobozi w’Inama y’Igihugu ishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza, High Education Council, Dr Rose Mukankomeje avuga ko basanze ikintu cy’ingenzi kica ireme ry’uburezi ari uko abarimu batahembwa ne...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku ihuriro ry’Abanyafurika baba hanze yayo(Africa Diaspora Network) Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko n’ubwo Isi yose ihanganye n’ingaruka za COVID-19 , Abanyaf...





