I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...
Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Perezida Kagame avuga ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump uherutse guhagarika inkunga ya USAID yagenerwaga amahanga. Ibi aherutse kubitangariza u...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko atazitabira Inama y’abaminisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bikize(G20) izabera muri Afurika y’E...
Perezida Donald Trump yatangaje ko hari umugambi i Washington bafite wo gufata Gaza bakayihindura ahantu habo, bakahateza imbere, Abanyapalestine bagashakirwa ahandi batuzwa mu Misiri no muri Jordan. ...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika habereye impanuka y’indege yari irimo abagenzi 60 n’abayikoramo bane yagonganye na kajugujugu ya gisirikare yari irimo abantu bane. Polisi ishinzwe u...
Kuri iyi nshuro Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio, batinda ku biri kubera mu Burasirazuba bwa DRC cyane cyane i Goma. Ku rubug...
Inyandiko yasohowe na Leta zunze ubumwe z’Amerika yabonywe n’itangazamakuru mpuzamahanga ivuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwakuyeho inkunga bwahaga amahanga ukuyemo Israel na Misiri. Ni amakuru ya...
Mu musangiro wateguwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana niho yatangarije ko igihugu ahagarariye kizakomeza umubano gisanganywe na Amerika iyobowe na Donald Trump. Aho yab...
Mu kurahira kwe Perezida w’Amerika Donald Trump, yiyemeje ko kwirukana abimukira bari muri Amerika badafite ibyangombwa byo kuhaba biri mu byihutirwa. Trump yarahiriye mu nzu kubera ubukonje bwi...






