Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu Rwanda mu mwaka wa 2024 Miliyoni $ 502 mu gihe mu mwaka wa 2023 bohereje Miliyoni $505. Bivuze ko habayeho kugabanuka...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ari i Harare muri Zimbabwe ayoboye itsinda ririmo n’Umugaba w’umutwe udasanzwe mu ngabo z’u Rwanda witwa Brig Gen Stanislas Gashugi ndetse n...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangije ibitero by’indege ku birindiro by’abarwanyi b’aba Houthis bakorera muri Yemen basanzwe bafashwe na Iran. Umwe mu bayobozi ba Amerika yabwiye The Reuters ko biriya...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko Amerika idakeneye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo. Ngo ntakenewe mu gihugu cyabo gikomeye. Kuri X, Rubio yanditse ko...
Ishimwe Dieudonnée wamamaye ku izina rya Prince Kid yafatiwe muri Amerika nyuma y’uko yari yarahunze ubutabera nyuma yo guhamwa ibyaha n’inkiko zo mu Rwanda. Ibyo yari yarahamijwe ni uguko...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Perezidansi ya Amerika yavuze ko iki gihugu kigiye guhagarika inkunga ya gisirikare cyahaga Ukraine. Yabwiye CBS ko Amerika ishaka kuba ihagaritse iriya nkunga kugira ngo ...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Friedrich Merz niwe watorewe kuyobora Ubudage mu matora yabonyemo amajwi 28.6%, akaba ayoboye Ishyaka rya Gikirisutu ryitwa CDU/CSU. Yatangaje ko igihe kigeze ngo Ubudage bukorane n’abandi Banya...
Kuri uyu wa Kane tariki 20, Gashyantare, 2025, Amerika yatangaje ko yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe ibihano mu rwego rw’ubukungu. Uyu muyobozi wahoze ari n’umusirikare mukuru mu ngabo z&...
Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump. Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo ...








