Abashinwa nibo ba mbere ku isi banywa byeri nyinshi kuko imibare yo mu mwaka wa 2023 yerekana ko bihariye 20.1% by’izanyowe ku isi hose muri uwo mwaka Abanyamerika nibo ba kabiri kuko bafite 11....
Muri Kamena, 2025 biteganyijwe ko u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bizasinya amasezerano y’amahoro azasinyirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hari Abakuru b’ibihugu byose u...
Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Massad Boulos ushinzwe kugira inama Donald Trump ku bibazo bya Afurika yasohoye itangazo rivuga ko ibiganiro k’ukugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bikomereje i Doha muri Qatar kandi ko bitanga i...
Bisanzwe bizwi ko abantu bagejeje cyangwa barengeje imyaka 55 bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara z’umuti n’imitsi, bigaterwa ahanini n’uko nyine baba bashake, izo ngingo zitagikora neza. Muri i...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama wa Perezida Donald Trump , yaraye aganiriye na Perezida Kagame bagaruka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba no ku mikoranire mu iterambere. Ibiro Village U...
Mu myaka yatambutse, ni kenshi ibihugu bitandukanye bwasohoye inyandiko zapfobyaga Jenoside yakorewe Abatutsi kandi zigasohoka habura igihe gito ngo kwibuka bitangire. Umuntu yakwibaza niba kuri iyi n...
Massad Boulos, umujyanama wihariye wa Perezida Trump ku bireba Afurika aherutse i Kinshasa aganira na Perezida Tshisekedi bemeranya ko Amerika izarindira DRC umutekano nayo ikayiha amabuye y’agaciro. ...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...
Perezidansi ya Amerika yemeye ko, mu buryo butari bwateguwe, hari umunyamakuru wohererejwe uburyo bita ‘link’ bwo kwinjira mu itsinda ryo ku rubuga bita ‘Signal’ rwarimo abayob...









