Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko kuba DRC yaritambitse ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bw’umuryango wa CEEAC yitwaje ko rwayitey...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Mu ijambo umwami w’Ubwongereza Charles III akaba n’Umuyobozi mukuru wa Commonwealth yabwiye ubuyobozi bwa Canada ko aho ibintu bigeze, ari ngombwa gufatanya hirindwa ko iki gihugu cyakomekwa kuri Amer...
Uyu mugabo ukomoka muri Phillppines wari umaze imyaka imyaka irenga itanu adakina iteramakofe yatangaje ko agiye kugaruka muri uyu mukino. Biteganyijwe ko tariki 19, Nyakanga, 2025 azakina umukino n’u...
Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatulika ku isi bukorera mu Mujyi ukaba na Leta ya Vatican bwatangaje ifoto ya Papa Lewo XIV yemewe itagira indi iyisimbura igomba kumanikwa ahantu hose hahesha icyubahir...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Imwe mu ngingo yari imaze iminsi ivugwa ariko u Rwanda rutaragira icyo ruyitangazaho ni ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika mu kwakira abimukira Washington izoherereza u Rwanda ibintu byose nibicamo. Us...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwarangije gutegura no gutanga imbanzirizamushinga y’ibyo rwifuza ko byazashyirwa mu ...









