Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Donald Trump yanditse kuri Truth Social( ni urubuga nkoranyambaga rwe ku giti cye) ko igihe kigeze ngo Iran ikamanike amaboko imbere ya Israel kandi ko ikwiye kubikora nta yandi mananiza. Ibi abitanga...
Ariel Wayz yabaye Umunyarwanda[kazi] wa mbere usinyishijwe na Universal Music Group (UMG), kimwe mu bigo bikomeye ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro. Ishami ry’iki kigo muri Afurika niryo ryamusinyishi...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda yatangaje ko nta masezerano azasinywa kuri iki Cyumweru kuko kugira ngo hagire asinywa yerekeye amahoro hagati ya Kigali na Ki...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo...
Umwuka mubi hagati ya Amerika na Iran watumye i Washington batangaza ko bagiye gucyura abakozi babo bakorera muri Ambasade ya Amarika muri Iraq mu rwego rwo kwirinda ingaruka zazabageraho bitewe n’iki...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri uvuga ko mu rwego rwo kunoza imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, abanyeshuri bazajya biga amasomo y’ingenzi n’andi ‘bihitiyemo’. Guver...









