Mu rugamba rwo guhangana na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu byerekeye ubumenyi bw’ikirere no kugikoloniza, u Bushinwa nabwo bwakoze icyuma cy’ubushakashatsi buzohereza ku mubumbe wa Mars. Umubumbe wa M...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangajeko guhera ku wa 22 Mata yoroheje amabwiriza agenga imitangire ya Viza ku Barundi bashaka kujya muri Amerika, nyuma y’igihe abatuye icyo gih...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Mata Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ikigo cyo mu karere gishinzwe imicungire y’imbunda ntoya n’amasasu (RECSA) na Ambasade ya Leta zunze ubumwe...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa. Ni muri uru rwego Pin...
Nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Madamu Adeline Mukangemanyi Rwigara ntiyarwitabye. Yari yabibwiye Radio Ijwi ry’Amerika mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ko atari bwitabe...
Iyo moteri ni Leta ya California. Bitaganyijwe ko bitarenze tariki 15, Mata, 2021 ibikorwa by’ubucuruzi bwose muri California bizafungura. Ni ibyatangajwe na Perezida Joe Biden,waboneyeho no kuvuga ko...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yabajijwe n’abanyamakuru ibyo atangaza ku bivugwa ko Guverineri wa New York Bwana Andrew Cuomo yagombye kwegura, undi avuga ko ibyiza ari uko abantu...
Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19. Ikiganiro c...






