Abakire bakomeye muri Amerika barimo na Warren Buffet baravugwaho kunyereza imisoro n’amahoro mu bihe bitandukanye. Bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa ProPublica kizwiho gucukumbura inkuru. Abazwi muri a...
Abantu bakuru bafite guhera ku myaka 75 kuzamura bakunze kugira ikibazo cyo kwibagirwa.Ubu muri Amerika hakozwe umuti wa mbere urinda ko uturemangingo nyabwonko dushinzwe kubika amakuru mu gihe kirek...
Raporo iherutse gusohoka ishinja Amerika kumviriza ibiganiro hagati y’abategetsi b’ibihugu bikomeye by’u Burayi birimo u Bufaransa n’u Budage ibifashijwemo na Denmark yateje umwuka mubi. Ibi bihugu b...
Abanyamerika bari hafi gusohora Bibiliya bise ‘Mana Ha Umugisha Amerika’, aya magambo akaba aboneka mu Itegeko nshinga rya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni Bibiliya yamaze gutumizwa n’abantu benshi mur...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Perezida wa Iraq Barham Salih yatangaje ko igihugu cye kimaze kwibwa miliyari $150 binyuze muri ruswa mu bucukuzi bwa peteroli, kandi ko ariya mafaranga yibwe guhera mu 2003 yajyanywe hanze y’igihugu....
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, dosiye ya Munyenyezi Béatrice uregwa ibyaha bya Jenoside, busaba ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe ategereje kubu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turikiya yatumije Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri icyo gihugu, ngo atange ibisobanuro ku cyemezo igihugu cye cyafashe cyo kwemeza Jenoside yakorewe ...









