Abagaba b’ingabo z’u Burusiya bari muri Ukraine bagabye igitero kigabanyijemo inzira ebyiri kugira ngo bafate umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev. Biremezwa n’abanyamakuru bakurikirana iby’iyi ntambara. ...
Ubuyobozi bukuru muri Politiki n’igisirikare muri Amerika bwasabye Ukraine kuba yibagiwe iby’uko izahabwa indege z’intambara kubera ko izihawe bishobora gutuma u Burusiya bwinjira mu Ntambara yeruye n...
Angéline Ndayishimiye Ndayubaha Madamu wa Perezida w’u Burundi kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Werurwe, 2022 yakiriye Ambasaderi w’u Butaliyani mu Burundi witwa Massi Mazzanti. Ibiganiro bagiranye byib...
Abakurikiranira hafi ibiri kubera muri Ukraine aho u Burusiya bwagabye igitero ndetse n’uburyo Amerika n’ibindi bihugu bigize OTAN/NATO biri kubyitwaramo, baremeza ko intambara iri hafi gukara kurusha...
Inyandiko ikubiyemo ubutumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagejeje ku Bafaransa abamenyesha imigambi afitiye igihugu cye nibongera kumutora, yavuze ko icyo ashaka ari uko u Bufaransa buba ig...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye ababwira uko gihagaze, Perezida Joe Biden yongeye kuvuga ko ingabo z’igihugu cye zititeguye kwinjira mu ntambara u Burusiya bwatangije muri Ukraine. Nti...
Amakuru ava muri Ukraine avuga ko nyuma y’uko ahuye n’abasirikare ba Ukraine bakamubera ibamba, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yategetse ingabo ze kurasa bombe zirimo n’izikoresha uburozi bita ‘...
Nyuma y’uko Perezida wa Amerika atangaje ko igihugu cye cyafatiye ibihano Perezida Vladmir Putin birimo no gufatira imitungo ye ibarirwa muri za Miliyari z’Amadolari, Abarusiya bakorera mu kigo mpuza...
Ibisasu biremereye by’imbunda z’Abarusiya byangije inzu nyinshi mu Murwa mukuru wa Ukraine witwa Kiev. Amafoto yafashwe n’abanyamakuru ba Al Jazeeera arerekana inzu zasenyutse, abaturage babuze aho b...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko zifite amakuru mpamo y’uko u Burusiya bwateguye intambara ndetse n’urutonde rw’abantu buzafunga bukabakorera iyicarubozo niburangiza kwigar...









