Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...
Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda. Uyu musore w’im...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Wang Yi ari mu Burayi mu ruzinduko rw’iminsi irindwi azaganiriramo na bagenzi be uko Beijing yarushaho gucuruzanya n’Abanyaburayi. Ababisesengura bavuga ko...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran wungirije Majid Takht-Ravanchi yabwiye BBC ko igihugu cye gishobora kwemera gusubukura ibiganiro ariko kikizezwa ko kitazaraswa nk’uko byagen...
Ambasaderi w’agateganyo wa Amerika mu Muryango w’Abibumbye Dorothy Shea yabwiye Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi ko M23 imaze amezi abiri yarabujije MONUSCO kugera ku bakeneye ubufas...
Abantu ibihumbi byinshi bahuriye mu mihanda y’i Teheran baje guherekeza bwa nyuma abajenerali n’abahanga ba Iran baherutse kwicirwa mu bitero Israel yagabye yo. Muribo harimo na Perezida wa Iran Mans...
I Washington Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe yashyize umukono ku masezerano y’amahoro ruhuriyeho na DRC yari ihagarariwe na Minisitiri ...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Iran yatangaje ko atari yo yishe ibyari byameranyijwe mu guhagarika intambara yayo na Israel, ikabivuga mu gihe Israel yo yiyemeje guhata Iran ibisasu biremereye. Abanyamakuru bari aho iyo ntambara ir...
Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu. Yaboneyeho gusaba Iran kwemer...









