Mu gihe ku isi intambara ivugwa cyane ari iri hagati y’u Burusiya na Ukraine, hari indi ntambara ikomeye iri gutegurwa na Turikiya kuri Syria. Perezida wa Turikiya avuga ko iriya ntambara izatangira n...
Muri Leta ya Texas, USA, umusore w’imyaka 18 y’amavuko yiciye mu ishuri abanyeshuri n’abarimu babiri, abahaguye bose ubu bamaze kubarurwa ni abantu 21, barimo abanyeshuri 18 n’abarimu babiri Uwakoze r...
Virusi iherutse gutangazwa ko yagaragaye henshi mu Burayi ubu imaze kugera mu bihugu 16 by’i Burayi. Kugeza ubu kandi inzego z’ubuzima mu Burayi zasabwe gutangira gutegura uburyo bwo gukingira abatura...
Iran yarahiye ko izihorera muri Israel n’inshuti zayo(harimo n’Amerika) kubera ko bagize uruhare mu iyicwa rya Colonel Hassan Sayad Khodayari waraye arasiwe mu modoka ye akahasiga ubuzima. Uyu musirik...
Umubano w’Amerika n’u Bushinwa nk’ibihugu bya mbere bikize ku isi wongeye kuzamo igitotsi. Iki gitotsi muri iki gihe gishingiye ku bushake bw’u Bushinwa bw’uko Taiwan iba iyabwo ijana ku ijana mu gihe...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere wungirije imukurikiranyeho icyo ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano. Amakuru dufite avuga ko uri...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu 92. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ku isi...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye i Riyad muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwo gutsura umubano n’iki gihugu kiri mu bifite petelori nyinshi kurusha ibindi ku isi....
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko kuba hari abantu batarikingiza mu buryo bwuzuye, biri gushyira ubuzima bw’abikingije mu bibazo. Kuri we ngo, igihe kirageze...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hafi ya Manhattan humvikanye amasasu menshi kuri iki Cyumweru. Amakuru atangazwa na Polisi avuga ko kugeza ubu abantu 10 ari bo bamaze kuhasiga ubuzima, abandi benshi ...









