Mu gihe imitwe yashyushye kubera impungenge z’intambara ishobora kuvuka hagati y’Amerika n’u Bushinwa bapfa Taiwan, u Bushinwa bumaze gusohora video yerekana ko ingabo zabwo zamaze kwitegura kurasa Ta...
Ibintu biri gufata intera abantu batabikekagaho! Amakuru atangazwa na CNN aremeza ko Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Amerika Nancy Pelosi yiyemeje kujya muri Taiwan n’ubwo u Bushinwa na bamwe mu...
Abavandimwe ba Osama Bin Laden bavukana kwa Sewabo bigeze guha igikomangoma cy’u Bwongereza Charles Miliyoni £ 1 nk’uko ikinyamakuru The Sunday Times kibyemeza. Hari mu mwaka wa 2013 nyuma yR...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zabwiye ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko imyigaragambyo irimo n’urugomo rukorerwa abasirikare ba MONUSCO ruhagarara bigitangazwa. Kuri uyu wa Kane ubwo ib...
Hagati y’Italiki ya 09 n’Italiki ya 10, Kanama, 2022 Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arateganya kuzasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Rwanda. Ic...
Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihe cya Manda imwe, yaraye asohoye inyandiko yanditswe n’abamwunganira mu mategeko ivuga ko agiye kurega CNN n’ibindi binyamakuru b...
Umugabo utatangajwe amazina niwe Munyamerika wa mbere wanduye imbasa mu myaka irenga 10 ishize. Kuba uriya mugabo yanduye iriya ndwara isa n’iyacitse ku isi ni ikintu cyatumye abakora mu nzego z’ubuzi...
Umusore yakuriye umukunzi we inzira ku murima ubwo yamusabaga kwishyura ibyo we n’inshuti ze 18 bari bakoresheje ku munsi ww w’amavuko kandi batabivuganye. Uyu musore wo muri Leta zunze ubumwe z’Ameri...
Imwe mu ngingo zikomeye ziherutse kuganirwaho hagati ya Perezida w’Amerika n’igikomangoma cya Arabie Saoudite Mohamed Bin Salman ni imikoranire mu gutangiza igisekuru cya gatandatu cya Murandasi, bita...
Brittney Griner ni icyamamare muri Basket muri Amerika n’ahandi ku isi.. Ubutegetsi bw’i Moscow bwamutaye muri yombi mu mezi ashize bibanza kugirwa ibanga ariko ubu byaramenyekanye ko yafashwe akuriki...









