Abashyigikiye Donald Trump bagiye ku rugo rwe ruri ahitwa Mar-a-Lago bajyana imodoka zabo ziriho amabendera y’Amerika ari ho n’amafoto ya Trump bamagana abakozi ba FBI baje mu rugo rw’uyu mugabo wahoz...
Uyu mugabo wayoboye Amerika ariko agasiga umugani kubera imyitwarire n’ibyemezo yafataga, agarutse mu itangazamakuru noneho kubera icyo bamwe bafashe nko kwihesha ikintu cy’abandi. Ubwo yavaga m...
Kuva Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaza ko zibaye igihugu kigenga, hari taliki 04, Nyakanga, 1776 ubu hashize imyaka 246, nibwo bwa mbere Umwirabura udafite andi amaraso akomokaho, ahawe ipeti rya ...
Nyuma yo kotsa igitutu Taiwan binyuze mu kuyizengurutsa ingabo zirwanira ku butaka n’izo mu kirere, ubutegetsi bwa Politiki bw’u Bushinwa bwatangije intambara y’ubukungu n’ibindi birimo iy’ububa...
Guhera kuri Perezida Biden kugeza ku muhanzi Justin Bieber, Abanyamerika batunguwe kandi bababazwa no kumva urukiko rwaburanishaga umugore w’icyamamare muri Basket y’Amerika witwa Brittney Griner rwam...
Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye ba rwiyemezamirimo 26 bagize Umuryango witwa Young Presidents Organization . Bari mu rugendo bazakora mu bihugu bitandatu birimo n’u Rwanda nk’uko urubuga rwa...
Amakuru mashya ku mwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan avuga ko ingabo z’u Bushinwa zamaze kugota ikirwa cya Taiwan. Abasirikare b’u Bushinwa bavuga ko bari mu bikorwa bya gisirikare bizama...
Ibyo Abashinwa bari bamaze iminsi basaba Amerika ko itabikora, yabikoze! Nancy Pelosi yageze muri Taiwan , yakirwa na Perezida w’iki gihugu. Guverinoma y’u Bushinwa yari imaze iminsi isaba ko atabikor...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yaraye isabye abasirikare bayo bari baragiye ku kiruhuko kuvayo bakagaruka mu bigo, bakitegura ko igihe icyo ari cyo cyose bakwambarira urugamba. Ni nyuma y’uko u Bushinw...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden yaraye yigambye igitero ingabo ze zagabye kuri Ayman Al Zawahiri wahoze ari uwa kabiri kuri Osama Bin Laden wari umuyobozi mukuru wa Al Qaida. Uyu naw...









