Sena y’Amerika iherutse gutora umushinga w’itegeko wo guhana ibihugu by’Afurika Washington ifata nk’abafatanyabikorwa b’ubutegetsi bwa Moscow. Muri Afurika bo bavuga ko ibyo ari ukwivanga mu mikorere...
Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke bizateza intambara yeruye. ...
Serana Williams wari umaze iminsi mike atangaje ko agiye guhagarika gukina Tennis kubera ko yumvaga igihe kigeze, yatangaje ko iki gitekerezo abaye agihagaritse nyuma y’uko mu ijoro ryacyeye atsinze u...
Ikigo gikora ibyuma by’ikoranabuhanga na serivisi zabyo kitwa Apple kiraburira abantu batunze telefoni za iPhones, mudasobwa za Macs n’ibindi byuma bita iPads ko ikoranabuhanga bakoreshaga ryagize iki...
Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi bakajyana imbu...
Itsinda ry’Abadepite bo muri Amerika ryageze Taipei muri Taiwan kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu. Ni igikorwa gishobora gukomeza kurakaza u Bushinwa nyuma y’uko Perezida w’Inteko y’Amerika Nancy Pel...
Imyaka igiye kurenga 15 umutwe w’iterabwoba Al Shabaab utangiye ibikorwa bwawo byahitanye benshi barimo abayobozi ba Somalia n’abasirikare benshi b’Afurika yunze ubumwe bagiye kugarura amahoro muri ki...
N’ubwo hari abavuga ko ikibazo cya Paul Rusesabagina n’ibimaze iminsi bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 bishobora kuzana umwuka mubi hagati ya Kigali na Washington, iyo urebye ishingiro ry’umubano haga...
Bwana Martin Ngoga yatangaje amakuru akomeye ku byo yemeza ko Amerika yari izi ku mikorere ya Paul Rusesabagina. Ni amakuru akomeye avuga ko Urwego rw’iperereza rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, FBI, r...
Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken yabwiye RFI ko kimwe mu byo azaganira na Perezida Paul Kagame ari uburyo Paul Rusesabagina yarekurwa. Ni mu kiganiro kihariye yahay...









