Nyuma yo gutandukana n’umugore we Kim Kardashian, uwo akundanye nawe nyuma ye ntibitere kabiri, ubu umuraperi Kanye West yatakaje umufatanyabikorwa w’imena. Ni banki ya mbere ikomeye muri Amerika yitw...
Senateri James Mountain Inhofe wari umaze igihe ahagarariye Leta ya Oklahoma muri Sena y’Amerika ari mu Rwanda mu ruzinduko rwo gusezera ku nshuti ye Perezida Paul Kagame. Jim Inhofe yari ari ...
Mark Zuckerberg washinze Facebook aherutse kubwira abashinzwe kugenzura abakozi mu kigo cya Meta( ari nacyo kiyoborerwamo Facebook) ko bidatinze hari abakozi 12, 0000 agiye kwirukana kubera ko yasanz...
Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u Burusiya k’uburyo...
I Kabul muri Afghanistan haturikiye igisasu cyahitanye abantu 19 abanndi 27 barakomereka. Byabereye hafi y’umusigiti ahiganje Abisilamu b’Aba Shiite. Kuva Abatalibani bongera kwisubiza Afghanistan Ab...
Bitarenze umwaka wa 2040, ikigo cy’Abanyamerika gitwara abantu n’ibintu mu kirere kitwa Boeing kivuga ko kizaba gikoresha indege nshya 1,010, zifite agaciro ka Miliyari $176. Intego ni ugushaka ...
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu kiruhuko kwitegura kwamba...
Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo ze ziteguye kuzatabara Taiwan umunsi u Bushinwa bwayishojeho intambara. Ni amagambo ashobora kuza gukomeza kurakaza u Bushinwa bwari bumaranye igihe umujinya bwatew...
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 yaraye acunze ku jisho abapolisi bari barinze umugogo w’umwamikazi Elisabeth II asimbukira ku isanduku uruhukiyemo agira ngo ashikanuze igitambaro kiwutwikiriye. Icy...
Hashize iminsi micye mu itangazamakuru havugwa ko Umunyarwanda wamamaye mu gutwara igare witwa Samuel Mugisha ‘yaburiwe irengero.’ Asanzwe akinira ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa ProTouch Cycling T...









