Ubuyobozi bwa Twitter bwafunze imbuga bamwe mu banyamakuru bakomeye ba The New York Times, na CNN na The Washington Post bakoreshaga. Twitter ivuga ko yahagaritse imbuga za bariya banyamakuru kubera k...
Perezida w’Amerika Joseph(Joe) R. Biden yaraye yakiriye Perezida Kagame ku meza. Iki gikorwa cyo gutsura umubano hagati y’Amerika n’Afurika kitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitabiriye I...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yaraye ahuye na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi n’itsinda yari ayoboye...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana n’Afurika kuri uy...
Nyuma y’ibiganiro byari bimaze igihe kirekire bibera mu muhezo hagati y’abayobozi muri Amerika n’abo mu Burusiya, ubutegetsi bw’iki gihugu bwaje kurekura Brittney Griner uyu akaba ari Umunyamerikakazi...
Nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwahoze ari inshuti y’uwo bakundanaga mu mwaka wa 2002 agakatirwa urwo gupfa mu mwaka wa 2010 ariko ntibishyirwe mu bikorwa kuko yajuriye, Aaron Gunches yasabye u...
Ku rubuga rwe rwa Twitter, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa Antony Blinken yatangaje ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame ku kibazo cy’umuteka...
Amerika isanzwe ari yo gihangange mu bya gisirikare kurusha ibindi bihugu ku isi. Ndetse n’ingengo yayo y’imari igenewe igisirikare ikubye ubwinshi iz’ibihugu byinshi birimo n’u Bushinwa. Mu rwego rwo...
Jiang Zemin yategetse u Bushinwa mu bihe bwari butangiye urugendo rw’iterambere rukomeye mu by’ubukungu, yapfuye afite imyaka 96 y’amavuko. Apfuye mu gihe igihugu cye kigeze ku rwego rukomeye mu by’ub...
Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igi...









