Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Perezida Donald Trump n’abo bakorana barateganya gusohora amabwiriza abuza ibigo by’ubucuruzi n’inganda kwita ku masezerano mpuzamahanga abuza ibihugu kohereza mu kirere ibyuka bituma gishyuha. Bitega...
Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora ...
Donald Trump avuga ko yayobewe uko Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yabaye! Ngo bemeranya ibintu undi akaba afite ukundi ari bubigenze. Mu kiganiro yahaye BBC binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Iran binyuze mu muvugizi wayo witwa Esmaeil Baghaei yatangaje ko ibiherutse gutangazwa n’Intumwa ya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati by’uko hari ibiganiro hagati...
Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Leta zunze ubumwe z’Amerika cyane cyane imwe muri 50 ziyigize yitwa Texas iri mu gahinda nyuma yo gupfusha abantu 81 abandi 41 bakaba baraburiwe irengero kubera umwuzure uherutse kwibasira iyi ntara i...
Texas haherutse kubera Ihuriro Nyarwanda ryiswe Rwanda Convention 2025, kikaba igikorwa cyavugiwemo byinshi birimo no gusaba abatuye muri gihugu kwibuka ko u Rwanda rukeneye ko barushoramo. Michelle ...
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...









